AJKPOASDLKCVKMJ

C

F

ER

DF

MB

E

BGY

 

 

 

 

 

Ibigo bitwara abagenzi mu ntara birashyize byimurirwa i Nyabugogo


Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge buratangaza ko tariki ya 2 Ukwakira 2011 ibigo bitwara abagenzi byose bigomba kwimukira muri gare ya Nyabugogo aho bafite urubuga ruhagije.

Iyi nkuru yatangajwe kuwa 08 / 10 / 2011, 21:35
Banze kugabanya igiciro cy’akanozasuku none natwe ntituzigera tutugura-Abamotari


Bamwe mu bakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto batangaza ko batazongera kugura utunozasuku igihe cyose icyifuzo cyabo cyo kukagabanyiriza igiciro kitari cyumvikana cyangwa ngo hashakwe undi muti.

Iyi nkuru yatangajwe kuwa 08 / 10 / 2011, 21:33
Uganda : Uruzinduko rw’ibanga rwa Museveni mu gihugu cy’u Buhinde rwateye ibibazo


Umuvuzigizi wa Perezidansi ya Uganda, Barnabas Tinkasiimire, yatangaje ko ibibazo amadepite bibajije ku ruzinduko Perezida Museveni yakoreye rwihishwa mu gihugu cy’u Buhinde, nta shingiro bifite.

Iyi nkuru yatangajwe kuwa 08 / 10 / 2011, 21:31
Imikino yo kwishyura ya shampiyona ya basketball izakomeza muri iyi week-end


Nyuma y’aho imikino ibanza ya basketball irangiriye, imikino yo kwishyura irakomeza muri iyi week-end ku buryo bukurikira :

Iyi nkuru yatangajwe kuwa 08 / 10 / 2011, 21:28
Byaba ari byo ko umukinnyi Samuel Eto’o arimo kwihakana umwana we?

Muri iyi minsi Rutahizamu Samuel Eto’o yavugishaga isi yose kubera ubuhanga bwe mukureba izamu, bikubitiyeho yuko ariwe mukinnyi mu isi nzima uhembwa akayabo muri ruhago izina rye riba indirimbo dore yuko nyuma yokugurwa n’ ikipe yo mu Burusiya yitwa ANZHI y’ umuherwe ucukura gaz witwa Suleyman Kerikov.

Iyi nkuru yatangajwe kuwa 08 / 10 / 2011, 21:26

UMVA

 

 

 

 

 

Free Web Hosting